Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sam Nujoma Wayoboye Namibia Bwa Mbere Yatabarutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Sam Nujoma Wayoboye Namibia Bwa Mbere Yatabarutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2025 10:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Sam Nujoma wabaye Perezida wa mbere wa Namibia yatabarutse afite imyaka 95 y’amavuko.

Nujoma yagize uruhare rutaziguye mu kugeza igihugu cye ku bwigenge.

Namibia yagenze mu mwaka wa 1990 yigobotoye ubutegetsi bwa gashakabuhake bwa Afurika y’Epfo.

Niwe wayoboye umutwe wa Politiki wabohoye iki gihugu witwa South West Peoples’ Organisation (Swapo) washinzwe mu mwaka wa 1960.

Nyuma yo kwigenga, Sam Nujoma yabaye Perezida w’iki gihugu guhera mu mwaka wa 1990 kugeza mu mwaka wa 2005.

Nujoma yari amaze ibyumweru bitatu ari Kwa muganga.

Iyo ndwara niyo yaje kumuhitana, abikwa na Peresidansi y’igihugu cye binyuze ku itangazo ryasomwe na Perezida Nangolo Mbumba.

Muri iryo tangazo handitsemo ko Nujoma yabereye Namibia umuyobozi mwiza, wayigejeje kuri byinshi yishimira muri iki gihe.
Nyuma yo kuva ku butegetsi mu mwaka wa 2005,

Nujoma yakomeje kuyobora Ishyaka riri ku butegetsi kugeza mu mwaka wa 2007 ubwo yageruga ku buyobozi bwayo yari amazeho imyaka 47.

TAGGED:featuredIndwaraNamibiaNujomaPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ofisiye Ba RDF Basuye Ingoro Yo Kubohora u Rwanda
Next Article AFC/M23 Ikomeje Kwemeza Ko Ibiganiro Ari Byo Muti W’Intambara Muri DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?