Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sam Nujoma Wayoboye Namibia Bwa Mbere Yatabarutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Sam Nujoma Wayoboye Namibia Bwa Mbere Yatabarutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2025 10:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Sam Nujoma wabaye Perezida wa mbere wa Namibia yatabarutse afite imyaka 95 y’amavuko.

Nujoma yagize uruhare rutaziguye mu kugeza igihugu cye ku bwigenge.

Namibia yagenze mu mwaka wa 1990 yigobotoye ubutegetsi bwa gashakabuhake bwa Afurika y’Epfo.

Niwe wayoboye umutwe wa Politiki wabohoye iki gihugu witwa South West Peoples’ Organisation (Swapo) washinzwe mu mwaka wa 1960.

Nyuma yo kwigenga, Sam Nujoma yabaye Perezida w’iki gihugu guhera mu mwaka wa 1990 kugeza mu mwaka wa 2005.

Nujoma yari amaze ibyumweru bitatu ari Kwa muganga.

Iyo ndwara niyo yaje kumuhitana, abikwa na Peresidansi y’igihugu cye binyuze ku itangazo ryasomwe na Perezida Nangolo Mbumba.

Muri iryo tangazo handitsemo ko Nujoma yabereye Namibia umuyobozi mwiza, wayigejeje kuri byinshi yishimira muri iki gihe.
Nyuma yo kuva ku butegetsi mu mwaka wa 2005,

Nujoma yakomeje kuyobora Ishyaka riri ku butegetsi kugeza mu mwaka wa 2007 ubwo yageruga ku buyobozi bwayo yari amazeho imyaka 47.

TAGGED:featuredIndwaraNamibiaNujomaPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ofisiye Ba RDF Basuye Ingoro Yo Kubohora u Rwanda
Next Article AFC/M23 Ikomeje Kwemeza Ko Ibiganiro Ari Byo Muti W’Intambara Muri DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?