Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sergio Ramos Ati: “ Nkiri Umwana Nakundaga Ronaldo’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Sergio Ramos Ati: “ Nkiri Umwana Nakundaga Ronaldo’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 May 2022 7:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bana bo muri Paris Saint Germain academy ni ukuvuga abana batozwa n’abantu bo muri iriya kipe yabajije Sergio Ramos umukinnyi yakundaga akiri muto, undi asubiza yakunze Ronaldo.

Ni mu kiganiro aba bana bagiranye n’ibyamamare byo muri Paris Saint Germain biri mu Rwanda guhera mu mpera z’Icyumweru gishize.

Aba bakinnyi baganiriye na bariya bana ndetse n’abanyamakuru nyuma yo gusura ibirunga babona ingagi.

Umwana yamubajije uko yiyumva kuba ari mu Rwanda, undi amusubiza ko ari ibintu byiza kandi ngo birashimishije kuba Abanyarwanda ari abantu basabana.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kaylir Navas we avuga ko u Rwanda rufite ingagi nziza kandi ngo ni yasanze ari nk’inshuti ze.

Ibindi byamamare byari kumwe n’uyu mukinnyi uvuga Icyesipanyole niyo abajijwe mu bindi bihugu yateruye umwana wari umubajije uko yumva amerewe iyo yicaye imbere aho bose bamubaza.

Umwana yahageze undi amubaza we uko yiyumva undi amusubiza ko nta cyo yumva.

Umuyobozi muri RDB ushinzwe ubukerarugendo Madamu Ariella Kageruka yashimye ko bariya bashyitsi basuye u Rwanda bakagera henshi bateganyije kandi ngo uretse no

Madamu Clare Akamanzi uyobora RDB avuga ko kuba bariya bashyitsi ari abo gushima kubera ko kuba baraje mu Rwanda bizagira icyo bizamura mu ishusho n’izina u Rwanda rusanzwe rufite yo.

- Advertisement -

Ati: “ Twe icyo u Rwanda rushaka ari uko izina ryarwo ritsinda, rikamenyekana, igihugu kigatera imbere kuko ari intege yarwo.”

Yarangije ijambo rye ashimira abo bakinnyi igihe bamaze mu Rwanda kandi abifuriza kuzagira urugendo rwiza basubira mu rugo.

Abo bakinnyi ni Sergio Ramos, Keylor Navas na Julian Draxler.

Mu mwaka wa 2021 ubwo Perezida Kagame yagiranaga ikiganiro n’abaturage, yakomoje k’urukundo akunda Arsenal ndetse na Paris Saint Germain.

Icyo gihe yavuze ko kuba u Rwanda rukorana na Paris Saint-Germain bishingiye no kuba ifite n’abakinnyi beza.

Muri Nzeri, 2021 Perezida Kagame yasubije umunyamakuru  Clèophas Barore  ko Paris Saint- Germain ari ikipe nziza  ndetse mu bakinnyi beza ifite harimo na Messi, Neymar, Mbappé n’abandi.

Ubu u Rwanda rukorana n’amakipe abiri akomeye ari yo Arsenal yo mu Bwongereza na Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa.

TAGGED:featuredKigaliRamos
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyamabanga Uhoraho Wa Commonwealth Ari Mu Rwanda
Next Article Umuhanzi Harmonize Yatawe Muri Yombi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?