Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Si Shyashya Hagati Ya Mico The Best N’Inzu Imufasha Mu Muziki
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Si Shyashya Hagati Ya Mico The Best N’Inzu Imufasha Mu Muziki

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 January 2023 10:32 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi Mico The Best aravugwaho kwanga gusinya amasezerano mashya n’inzu ifasha abahanzi yitwa KIKAC Music. We asubiza ko akibitekerezaho.

KIKAC Music iri mu zikomeye  mu Rwanda muri iki gihe.

Yanyuzemo n’abandi bahanzi nka  Gihozo Pacifique na Danny Vumbi.

Kuri ubu Bwiza Emerance ni we umaze iminsi akora cyane anagaragara mu bitaramo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hari abavuga ko Mico The Best ‘yicajwe ku gatebe.’

Mico The Best yabwiye UMUSEKE ko abavuga ko amasezerano ye na KIKAC Music yarangiye, babeshya kubera ko agifite igihe gito.

Yirinze kuvuga byinshi ku by’uko Bwiza ari we utoneshwa, avuga ko ‘wasanga’ ari byo yasinyiye.

Bwiza Emerance

Mico yabwiye itangazamakuru ko ibyo gusinya cyangwa kudasinya andi masezerano ari ingingo agitekerezaho.

Hagati aho hari amakuru avuga ko hari indirimbo eshatu za Mico The Best zikiri muri Studio zitarasohoka, bigakekwa ko ari yo  mpamvu yamurakaje akaba ataremera gusinya andi masezerano na KIKAC Music.

- Advertisement -
TAGGED:KIKACMicoRwandaUmuziki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Yari Yarashinze Iwe Uruganda Rwa Kanyanga
Next Article DRC Ni Isoko Ry’u Rwanda Muri Byinshi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

RIB Iraburira Abajya Gusenga Bakibwa Telefone

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Urumogi Rugeze Kure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?