Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Syria Yadutsemo Imyiryane
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Syria Yadutsemo Imyiryane

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 July 2025 12:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kugeza ubu harabarurwa abantu 30 baguye mu mirwano yadutse mu Majyepfo ya Syria hagati y’aborozi b’Abasunni n’abarwanyi b’aborozi bo mu gace ka Druze karimo abafite imyumvire ya kidini bjganje ahitwa Sweida.

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko abantu 30 ari bo bamaze kugwa muri iyi mirwano ariko ikigo kita ku burenganzira bwa muntu kitwa Syrian Observatory for Human Rights cyo kivuga ko hapfuye abantu 37.

Ababirebera hafi bavuga ko Syria ishobora kuba isibaniro hagati y’abagitsimbaraye ku byo ku gihe cya Assad n’abashaka impinduka.

Ubu muri iki gihugu, hari Guverinoma nshya iri kugerageza gushyira ibintu mu buryo nyuma y’ihirikwa rya Bashar al-Assad.

Ubuyobora bwe n’umuryango we bwamaze imyaka 54 butegeka Syria.

Abayobozi ba Politiki n’abo mu rwego rw’imyemerere basabye abaturage kwifata, bakareka gukomeza kwicana no kubana mu makimbirane.

Abaturage bafite imyizerere yitwa Druze haboneka muri Lebanon, Jordan no muri Israel.

Aho Guverinoma nshya ya Syria igiriyeho, abo baturage bavuga ko batarindiwe umutekano bityo bakavuga ko bakwiye kwirwanaho.

Abayobozi bo hirya no hino ku isi bifuza ko babana neza na Syria yo muri iki gihe, abo bakaba barimo Amerika n’Ubwongereza.

TAGGED:AbarwanyiAbaturagefeaturedIntambaraSyria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Abatavuga Rumwe Na Leta Ya DRC Babona Amasezerano N’u Rwanda
Next Article Kigali: Umuyobozi Afungiwe Kudasobanura Inkomoko Y’Umutungo We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?