Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Syria Yadutsemo Imyiryane
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Syria Yadutsemo Imyiryane

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 July 2025 12:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kugeza ubu harabarurwa abantu 30 baguye mu mirwano yadutse mu Majyepfo ya Syria hagati y’aborozi b’Abasunni n’abarwanyi b’aborozi bo mu gace ka Druze karimo abafite imyumvire ya kidini bjganje ahitwa Sweida.

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko abantu 30 ari bo bamaze kugwa muri iyi mirwano ariko ikigo kita ku burenganzira bwa muntu kitwa Syrian Observatory for Human Rights cyo kivuga ko hapfuye abantu 37.

Ababirebera hafi bavuga ko Syria ishobora kuba isibaniro hagati y’abagitsimbaraye ku byo ku gihe cya Assad n’abashaka impinduka.

Ubu muri iki gihugu, hari Guverinoma nshya iri kugerageza gushyira ibintu mu buryo nyuma y’ihirikwa rya Bashar al-Assad.

Ubuyobora bwe n’umuryango we bwamaze imyaka 54 butegeka Syria.

Abayobozi ba Politiki n’abo mu rwego rw’imyemerere basabye abaturage kwifata, bakareka gukomeza kwicana no kubana mu makimbirane.

Abaturage bafite imyizerere yitwa Druze haboneka muri Lebanon, Jordan no muri Israel.

Aho Guverinoma nshya ya Syria igiriyeho, abo baturage bavuga ko batarindiwe umutekano bityo bakavuga ko bakwiye kwirwanaho.

Abayobozi bo hirya no hino ku isi bifuza ko babana neza na Syria yo muri iki gihe, abo bakaba barimo Amerika n’Ubwongereza.

TAGGED:AbarwanyiAbaturagefeaturedIntambaraSyria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Abatavuga Rumwe Na Leta Ya DRC Babona Amasezerano N’u Rwanda
Next Article Kigali: Umuyobozi Afungiwe Kudasobanura Inkomoko Y’Umutungo We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?