Lt Gen Mubarakh Muganga usanzwe uyobora Ikipe APR FC avuga ko abumva ko hari abanyamahanga bazakinira iyi kipe akiyiyobora ko basubiza amerwe mu isaho.Yababwiye ko iyi...
Polisi y’u Rwanda yaraye iburiye abacuruza ibikoresho byakoze(occasion) basabwe kujya bashishoza kuko hari ubwo bagura bakanagurisha ibikoresho byakozwe kandi ari ibyibano. Hari mu kiganiro nyunguranabitekerezo n’abakora...
Nyuma y’uko APR FC itsinzwe na Gor Mahia yo muri Kenya ibitego 3-1 mu buryo butunguranye kandi bwababaje Abanyarwanda benshi, hakomeje kwibazwa impamvu APR FC isanzwe...