Hashize iminsi bamwe mu bahagarariye ibigo bitwara abantu mu modoka mu buryo bwa rusange batakambira Taarifa ngo ibavuganire kuko hari amafaranga Guverinoma ibagomba ariko yabimye bituma...
Ibigo bitwara abagenzi bigera kuri 26 bivuga ko hari Miliyari Frw 8 Guverinoma y’u Rwanda yabambuye kandi yaragomba kuyabishyura kugira ngo bazibe icyuho batewe n’uko Leta...
Mu Rwanda hateraniye inama yahuje abashoferi batwara amakamyo ajya cyangwa avana ibintu ku cyambu cya Mombasa akoresha Umuhora wa Ruguru. Barahugurwa uko bagira uruhare mu kugabanya...