Ubwo umunyamakuru yabazaga Perezida Felix Tshisekedi niba atemera ko ibyo ingabo za Tchad zakoze ubwo zafataga ubutegetsi ari Coup d’état ya gisirikare, undi yamusubije ko ibyo...
Kuri uyu wa Mbere nibwo abasore n’inkumi barenga 700 bahawe ipeti rya Second Lieutenant na Perezida Paul Kagame. Bari barangije amasomo abategurira kuba ba ofisiye bato...
Abajenerali barenga 20 barimo abari mu kiruhuko cy’izabukuru baraye banditse ibaruwa ifunguye igenewe Perezida Emmanuel Macron bamuburira ko niba atagaruye umutekano mu gihugu ngo atsinde burundu...
Mu Cyumweru gishize mu Burundi Perezida Evariste Ndayishimiye yayoboye umuhango wo guha abasirikare be ipeti rya Sous Lieutenant. Habaye akarasisi kadasanzwe kuko hari bamwe mu bakagaragayemo,...
Mu muhango wo guha ikaze abasirikare barangije amasomo mu ishuri rikuru rya gisirikare riri i Gako icyagaragaye ni uko abakobwa bari bambaye amajipo ari mu mpuzankano...