Kuri uyu wa Gatandatu Taliki 02, Mata, 2022 mu Rwanda hasomwe Misa yo kwibuka umugabo wabereye u Rwanda inshuti kugeza atabarutse witwaProf Paul Farmer. Prof Farmer...
Abahanzi barashimirwa uruhare rwabo mu guhangana n’icyorezo cya Koronavirusi n’ingaruka cyagize ku baturage bakanasabwa gukomeza gukora ibihangano bizana ibisubizo ku bibazo bikigaragara mu rwego rw’ubuzima. Kaminuza...
Agnes Binagwaho wahoze ari Minisitiri w’ubuzima mu Rwanda ubu akaba ari umuyobozi muri Kaminuza mpuzamahanga yita ku buzima yitwa University of Global Health Equity yavuze ko...