Mu butumwa yanditse mu gitabo cy’abashyitsi ku bantu basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi, Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga yavuze...
Umunyamabanga wa Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yabwiye abanyamakuru ko iby’uko Rusesabagina yafashwe kandi agafungwa mu buryo butubahirije amategeko, yabiganiriyeho na Perezida Kagame ndetse ngo...
N’ubwo hari abavuga ko ikibazo cya Paul Rusesabagina n’ibimaze iminsi bivugwa ko u Rwanda rufasha M23 bishobora kuzana umwuka mubi hagati ya Kigali na Washington, iyo...
Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony Blinken yabwiye RFI ko kimwe mu byo azaganira na Perezida Paul Kagame ari uburyo Paul Rusesabagina yarekurwa. Ni mu kiganiro...
Hagati y’Italiki ya 09 n’Italiki ya 10, Kanama, 2022 Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken arateganya kuzasura Repubulika ya Demukarasi ya Congo...