Perezida Paul Kagame kuri iki Cyumweru yitabiriye siporo rusange y’umunsi umenyerewe nka Car Free Day, aho imihanda imwe n’imwe iba yahariwe abanyamaguru cyangwa abakoresha amagare gusa....
Siporo rusange imaze kumenyerwa nka Car Free Day yongeye kuba mu Mujyi wa Kigali nyuma y’amezi asaga atatu ihagaritswe, ikorwa hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19. Iyi...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko umunsi wa siporo rusange umaze kumenyerwa nka Car Free Day ugiye kugaruka, buri wese akazajya ayikora ku giti cye hubahirizwa...