Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal (KFH) bikomeje gukorwamo impinduka, aho Dr. Edgar Kalimba wari umuyobozi wungirije w’ibi bitaro yasimbuwe na Frédéric Ngirabacu. Leta y’u Rwanda imaze igihe ishaka...
Leta y’u Rwanda imaze igihe ishaka uko Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal (KFH) byashyirwa ku rwego mpuzamahanga, nka bumwe mu buryo bwagabanya ko Abanyarwanda bajya kwivuriza hanze...