Habiyakare usanzwe ari umuganga mu igororero rya Nyarugenge riri mu Murenge wa Mageragere yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha birimo kumena ibanga ry’akazi, gusaba, kwakira cyangwa gutanga...
Polisi yerekanye abagabo barimo umwe wiyemerera ko yaguraga imiti na bamwe mu bakozi b’ibigo nderabuzima na poste de santé zo hirya ngo hino mu Rwanda akajya...