Abantu bivugwa ko baturutse muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo baraye baherutse kugaba igitero ku barobyi bo muri Uganda mu Ntara ya Hoima hafi y’Ikiyaga cya...
Nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa agakatirwa imyaka itatu y’igifungo irimo ibiri isubitse, Bwana Nicolas Sarkozy aritaba Urukiko ku kirego cy’uko yahuguje amafaranga uwahoze ayobora Libya...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yemeje ko inama y’abaminisitiri yabaye isubitse izamurwa ry’umusoro w’ubutaka ryari rikomeje kutavugwaho rumwe, muri uyu mwaka hakazishyurwa imisoro nk’iy’umwaka wa...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko igipimo kiri hejuru cy’ubwandu bwa COVID-19 ari cyo cyatumye uturere twa Nyanza, Bugesera na Gisagara tudakomorerwa, ubwo hafungurwaga ingendo...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko nta kibazo u Rwanda rurabona ku rukingo rwa AstraZeneca ku buryo rwahagarika itangwa ryarwo, bitandukanye n’ibyemezo bikomeje gufatwa n’ibihugu...