Mu rugo rwe ruherereye i Benghazi niho Gen Haftar yatangarije ko agiye gutangira kwiyamamariza kuyobora Libya mu matora ateganyijwe mu Ukuboza, 2021. Yavuze ko atabikoze agamije...
Hari amakuru yari yaragizwe ibanga n’inzego z’umutekano haba muri Libya no muri Israel y’uko umuhungu wa Gen Khalifa Haftar witwa Saddam Haftar aherutse gusura Israel bakagirana...
Mu gihe abanyapolitiki ba Libya bari kureba uko bahuza imbraga za Politiki n’iza gisirikare kugira ngo mu Ukuboza, 2021 hazabe amatora, abakurikirana ibibera muri kiriya gihugu...