Umuyobozi w’Umuryango mpuzamahanga urengera ibidukikije IUCN, Bruno Oberle yabwiye abitabiriye Inama ya nyuma mu zimaze iminsi zikorwa mu rwego rwo kwigira hamwe uko urusobe rw’ibinyabuzima rwabungwabungwa,...
Kimwe mu biganiro bivuga ku mibereho n’amateka y’abantu kiri mu byakunzwe kurusha ibindi mu Rwanda ni ikitwa ‘Inyanja Twogamo’. Uwakise gutya yashakaga kwerekana ko ubuzima bw’abantu...
Abahanga bo muri Amerika bakoze akamashini kaguruka kangana n’umusenyi kazabafasha kumenya za microbes ziri mu mwuka zishobora kwanduza abantu n’ibimera. Bavuga ko ari ko kuma gakoresha...
Ni ikintu abahanga mu binyabuzima bamaze igihe basuzuma neza. Abitaye ku kwiga kuri iyi ngingo ni abahanga mu binyabuzima bamaze igihe kinini bareba uko inyamaswa z’amoko...
Itsinda ry’abahanga mu binyabuzima ryatangaje ko 80% y’amoko y’ibinyabuzima ataravumburwa kandi ko igiteye impungenge ari uko hari menshi muri yo azacika ku isi atavumbuwe kubera ibikorwa...