Niba ushobora kubwira abantu ibyo ucuruza, aho ubicururiza, igiciro cyabyo n’uburyo bakugeraho kandi ukabikoresha ikoranabuhanga, kuki utatabariza umuntu usanze yagize ibyago? Telefoni igendanwa ni ingenzi mu...
Umuryango Mpuzamahanga wita ku mbabare, ICRC, utangaza ko mu isi hari ikibazo gikomereye abaturage biganjemo abo muri Afurika kubera ko ahari intambara zikomeye ari naho hari...
Croix Rouge y’u Rwanda yashimiwe umusanzu ikomeje gutanga mu guhindura ubuzima bw’abaturage, binyuze mu kugoboka abahuye n’ibiza no gufasha mu zindi gahunda zitandukanye za Leta. Ku...