Ibikorwa byo gushakisha abantu bagwiriwe n’inyubako mu gace ka Surfside muri Leta ya Florida byahagaritswe, mu gihe ubuyobozi bwitegura gusenya igice cyari gisigaye cy’inzu yaridukanye abaturage...
Ubuyobozi bw’agace ka Surfside muri Leta ya Florida muri Amerika bwatangaje ko abantu batanu bamaze gupfa naho 156 ntibaraboneka kuva ku wa Kane, ubwo inzu ya...
Dr Ron Adam uhagarariye Israel mu Rwanda aherutse guha amaraso Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe gukusanya, kurinda no guha amaraso abayakeneye. Ni ku nshuro ya gatatu yari...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko itazihanganira abantu bakomeje gutwara ibinyabiziga banyoye ibisindisha, kuko bakomeje guteza impanuka zishe abantu 69 mu mezi atandatu ashize, abandi benshi bagakomereka....
Kugeza ubu Polisi ishinzwe umutekano mu muhanda muri Pakistan iri mu iperereza ryo kumenya icyateye impanuka ya Gari ya Moshi ebyiri zagonganiye Islamabad mu murwa mukuru....