Ahitwa Norvège mu Karere ka Nyarugenge habereye impanuka y’imidoka yari itwaye abantu 12 bari bagiye gusura benewabo b’i Kamonyi hapfamo batandatu. Ni amakuru yemezwa n’Umuvugizi w’Ishami...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yabwiye Abakirisitu bo muri Women Foundation Ministries/Noble Family Church bitabiriye amateraniro ‘Wirira Fellowship’ ko...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki 16, Kanama, 2023 mu Mudugudu wa Buhoro, Akagari ka Kigembe, Umurenge wa Gacurabwenge mu Karere ka Kamonyi habereye...
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo buvuga ko hari ubwato bwari butwaye abantu 11 buva muri Muhanga bugana muri Ngororero bwakoze impanuka harokoka abantu batatu. Abenshi mu bayiguyemo ni...
Mu masaha y’umugoroba wo kuri iki Cyumweru taliki 16, Nyakanga, 2023 imodoka yari itwaye abagenzi yagonganye na FUSO yari ipakiye amafi abantu 16 barahagwa. Minibisi yangiritse...