Umuyobozi wungirije w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere Zéphanie Niyonkuru yashimye ko abashoramari bo muri Zimbabwe batangiye kumurikira mu Rwanda ibyo bakora nyuma y’igihe gito abashoramari b’ibihugu byombi...
Nyuma y’uko hari abakozi batatu bo mu Biro Bya Perezida Museveni bapimwe bagasanganwa ubwandu bwa COVID-19 ubwo bari bavuye i Dubai, Abu Dhabi na Addis Ababa,...
Mu minsi micye ishize, muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu hafunguwe imurikagurisha ryitezweho kuzahuza abantu barenga miliyoni 25 baturutse hirya no hino ku isi. Ni icyo gikorwa...