Leta y’u Rwanda n’iy’u Buyapani biherutse gutangira imikoranire mishya ishingiye k’ikoranabuhanga u Buyapani bwahaye abaganga bo mu Rwanda bwo kuzabafasha guhanahana amakuru ku barwayi n’uburyo bugezweho...
Abahinzi bo mu bishanga byo mu Karere ka Rwamagana bamaze gukuba kabiri umusaruro w’umuceli, nyuma yo kwegerezwa uburyo bugezweho butuma bahinga igihe cyose, nta bwoba ko...
U Rwanda ku bufatanye na Guverinoma y’u Buyapani bafunguye ikigo gitanga ubumenyi mu by’ikoranabuhanga rigezweho mu karere ka Musanze, cyitezweho kuzamura ubushobozi bw’urubyiruko mu ikoranabuhanga no...
Leta y’u Buyapani binyuze mu kigo cyayo gishinzwe iterambere mpuzamahanga (JICA), yahaye u Rwanda inguzanyo ya miliyoni $27 (miliyari zisaga 27 Frw), zizifashishwa mu mushinga wo...