Hanifa Hamza ni umwe mu bantu 19 babaruwe ko bahitanywe n’impanuka y’indege y’ikigo cyo muri Tanzania yaraye ibereye mu Kiyaga cya Victoria. Uyu munyarwandakazi yari akiri...
Amaraso nirwo rugingo izindi zikenera kugira ngo zigerweho n’intungamubiri zikeneye kugira ngo zikore kandi zikure. Ku rundi ruhande ariko, amaraso ubwayo ni urugingo rushobora no kurwara....
Hari itsinda ry’abahanga mu buhinzi n’imitegurire y’ibiribwa n’ibinyobwa bihurije mu kiswe The African Food Fellowship bamaze iminsi baha amasomo Abanyarwanda ku mihingire n’imitekere iboneye hagamijwe kongerera...
Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko rigena imikoreshereze y’ingingo z’umuntu, tisi n’uturemangingo. ‘Ingingo’ ni igice runaka mu bigize umubiri w’umuntu urugero nk’impyiko, umwijima, umutima...
Ababuka mu nyubako za Kaminuza y’u Rwanda mu Kagari ka Nyagatovu mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo bigaragambije. Basabaga ko bahembwa amafaranga bakoreye biyuha...