Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gusinya amasezerano hagati ya Kaminuza y’u Rwanda na Kaminuza yigisha ikoranabuhanga iri mu zikomeye muri Singapore. Ni Kaminuza yitwa Nanyang Technological...
Leta y’u Rwanda ifatanyije na Carnegie Mellon University na Mastercard Foundation bagiye gushora Miliyoni $275.7 mu mishinga yo kuzamura imyigire y’urubyiruko rw’u Rwanda kugira ngo rugire...
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abagabo batatu barimo Frederick Bizimana usanzwe ari umukozi mu Kigo cy’Igihugu cy’Imiturire (Rwanda Housing Authority), Bwana Jonas Niyonambaza usanzwe...
Dr Didas Kayihura Muganga wari usanzwe ari Perezida w’Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali yagizwe Umuyobozi Mukuru w’agateganyo wa Kaminuza y’u Rwanda. Itangazo rivuye mu Biro bya...
Abasirikare bakuru 48 baturutse mu bihugu bitandukanye (Senior Command and Staff) baraye bahawe impamyabumenyi nyuma y’amasomo mu bya gisirikare bari bamazemo umwaka. 29 muri ni Abanyarwanda...