Byabaye tariki 15, Mata, 2021 bibera mu murenge wa Gacurabwenge mu Karere ka Kamonyi aho umusore w’imyaka 18 yakinishije grenade atabizi iramuturikana. Ku bw’amahirwe yamukomerekeje gusa...
Icyegeranyo Taarifa yakoze kigaragaza ko mu bahanzi b’Abanyarwanda bakize kurusha abandi harimo bake bageze kandi barangiza Kaminuza. Abaminuje ntibakijijwe n’amasomo ahubwo bakijijwe no kuririmba, wenda inyuguti...
Mu mpera z’Icyumweru gishize nibwo Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi umugabo witwa Rwakayiro bivugwa ko yitwazaga ko ari umukire agahohotera abaturage harimo no kubatema. Nyuma...