Kuri uyu wa Mbere Taliki 26 Nzeri, 2022 nibwo Mukeshimana Célestin yahawe inzu ye yari yarimwe na Apôtre Mutabazi Kabarira Maurice wari warayifunze, ntiyishyure n’amafaranga y’ubukode....
Umuhanda wiswe KG 22 uherereye mu Murenge wa Kinyinya ahitwa mu Birembo uri bufungwe saa mbiri z’ijoro kuri uyu wa Mbere tariki 27, Nzeri, 2021. Itangazo...
Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Gasabo barimo Ikigo WaterAid na Heineken Africa Foundation bafatanyije n’ubuyobozi bw’Umurenge n’Akarere batashye ubukarabiro bushya bugenewe abagana Ikigo nderabuzima cya Kinyinya. Muri kiriya...