Umuhanda wiswe KG 22 uherereye mu Murenge wa Kinyinya ahitwa mu Birembo uri bufungwe saa mbiri z’ijoro kuri uyu wa Mbere tariki 27, Nzeri, 2021. Itangazo...
Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Gasabo barimo Ikigo WaterAid na Heineken Africa Foundation bafatanyije n’ubuyobozi bw’Umurenge n’Akarere batashye ubukarabiro bushya bugenewe abagana Ikigo nderabuzima cya Kinyinya. Muri kiriya...