Urwego rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje ko kongera amasezerano y’ubufatanye na Arsenal F.C yo mu Bwongereza bizatanga umusanzu mu kuzahura urwego rw’ubukerarugendo, hubakiwe ku nyungu...
Umusaruro wa rutahizamu mushya wa Paris Saint Germain (PSG), Lionel Messi, uhanzwe amaso uhereye ku bitego azatsinda, imipira azatanga ivamo ibitego cyangwa mu kumenyekanisha u Rwanda...
Lionel Messi yatangaje ko atigeze yifuza kuva muri FC Barcelona, kugeza ubwo ku wa Kane yamenyeshejwe ko nyuma y’imyaka 21 ayikinira, atazahabwa amasezerano mashya. Kuri iki...
FC Barcelona yatangaje ko Lionel Messi atazasinya amasezerano mashya muri iyi kipe, nyuma y’uko yananiwe kubahiriza ibyo bumvikanye bitewe n’ibibazo by’ubukungu. Messi wegukanye ‘Ballon d’Or’ esheshatu...