Mohd Yassin uyobora Ikigo cyakira imizigo izana mu Rwanda, Magasins Géneraux du Rwanda, (MAGERWA) avuga ko nk’umunyamahanga umaze imyaka ibiri mu Rwanda, yasanze uko Abanyarwanda babanye...
Ni bimwe mubyo Umuyobozi w’Ikigo MAGERWA yaraye abwiye abari baje kwibuka abahoze ari abakozi b’iki kigo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Mohd Yassin Bin Kabir asanga ...