Kuri Twitter hari video yahashyizwe n’ubuyobozi bw’uruganda BioNTech rwo mu Budage ivuga ko ibisanduku bitandatu bigize icyiciro cya mbere cy’ibyumba bizaba bigize uruganda rw’inkingo rugiye kubakwa...
Mu kigo Africa Improved Foods gikora ibiribwa byongerewe agaciro kitwa Africa Improved Foods hafunguwe icyumba kizafasha ababyeyi bakorera muri iki kigo kujya bonsa abana babo. Ikigo...
Mu Budage aho Perezida Kagame ari, kuri uyu wa Gatatu yitabiriye Inama yo ku rwego rwo hejuru yiga uko mu gihe gito kiri imbere muri Afurika...
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania yasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda, rugamije gushimangira umubano w’ubucuti n’ubuvandimwe urangwa hagati y’ibihugu byombi. Ni rwo ruzinduko rwa mbere...