Mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Ndego haravugwa umusore w’imyaka 22 y’amavuko uvugwaho gukubita Nyina nyuma yo gushaka kumusambanya undi agataka abaturage bagahurura. Bibaye nyuma...
Abaturage bo mu tugari tw’Umurenge wa Ndego mu Karere ka Kayonza baratakamba bavuga ko muri uriya murenge hari abashumba baboneshereza, hagira ukoma bakamukubita. Ngo iyo baregeye...