Inzego z’ubyobozi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zimaze kubarura abantu 31 bishwe n’iruka rya Nyiragongo ryo ku wa 22 Gicurasi, ndetse ibihumbi byinshi by’abaturage bavanywe...
Inzu zimwe zo mu Karere ka Rubavu zikomeje gusaduka kubera imitingito ikomeje kuba myinshi, ishingiye ku iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo ryabaye ku wa Gatandatu. Umwe mu...
Abaturage bagera ku 8000 baturutse muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bahungiye mu Rwanda kubera ubwoba bw’ingaruka z’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo. Kugeza ubu cyacogoye, barimo gusubira...
Hari abaturage bo muri Repubulika ya Demukakarasi ya Congo baraye bahungiye mu Rwanda banga gutwikwa n’amahindure y’ikirunga Nyiragongo. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu nibwo...
Abaturage baba mu mirenge ya Cyanzarwe na Mudende mu Karere ka Rubavu bavuga ko guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba hari ikirunga kiri kuruka. Bamwe bari babwiye...