Urukiko rw’Ubujurire rwemeje ko ruzatumiza abatangabuhamya bashya mu rubanza rwa Paul Rusesabagina, Nsabimana Callixte alias Sankara n’abandi bareganwa uko ari 21, nyuma y’uko abimwe indishyi z’akababaro...
Urukiko rw’Ubujurire rwategetse ko Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’iterabwoba aburanishwa adahari, nyuma y’uko kuri uyu wa Mbere atarwitabye kandi yaremenyeshejwe umunsi w’urubanza. Urukiko rwatangiye kuburanisha ubujurire...
Umuryango wa Paul Rusesabagina wakatiwe gufungwa imyaka 25 wavuze ko atazitabira urubanza rwe mu bujurire, biteganywa ko ruzatangira ku wa Mbere tariki 17 Mutarama 2022. Ni...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo yavuze ko ibikorwa byo gufata Paul Rusesabagina byagizwemo uruhare n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) hashingiwe ku nyandiko zisaba ko afatwa, bitandukanye...
Ubushinjacyaha bwemeje ko bwajuririye ibihano byatanzwe mu rubanza rwa Paul Rusesabagina, Nsabimana Callixte ‘Sankara’ na bagenzi babo bahamijwe ibyaha by’iterabwoba, rwasomwe ku wa 20 Nzeri 2021....