Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ubujurire guhamya Paul Rusesabagina ibyaha by’iterabwoba maze agahanishwa gufungwa burundu, aho kuba imyaka 25 yahawe n’Urukiko rukuru. Kuri uyu wa 21 Werurwe nibwo...
Umudepite mu Nteko ishinga amategeko ya Leta zunze Ubumwe za Amerika, Ilhan Abdullahi Omar, yitambitse umwanzuro wasabaga ko Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’iterabwoba n’Inkiko z’u Rwanda...
Nsabimana Callixte ‘Sankara’ uregwa ibyaha by’iterabwoba yabwiye Ubushinjacyaha ko bwarenze ku masezerano bagiranye akabufasha mu iperereza, asaba urukiko kumugabanyiriza ibihano. Nsabimana yitabaje Urukiko rw’Ubujurire asaba kongera...
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ubujurire guhamya Paul Rusesabagina ibyaha byose aregwa, maze rukamuhanisha gufungwa burundu, hagakurwaho igihano cy’imyaka 25 yahawe n’Urukiko Rukuru. Ubwo urubanza rwajuririwe rwasomwaga ku...
Urubanza mu bujurire kuri dosiye ya Paul Rusesabagina, Nsabimana Callixte alias Sankara na bagenzi babo rurakomeje. Basabirwa n’Ubushinjacyaha guhanirwa gukora icyaha cy’iterabwoba, aho kuba kugira uruhare...