Polisi y’u Rwanda yafatiye mu Karere ka Rulindo abasore babiri barimo uw’imyaka 27 n’uwa 25, bakekwaho gukwirakwiza amafaranga y’amiganano. Bafatiwe mu Murenge wa Buyoga ku Cyumweru....
Nyuma yo kubona ko hari ikibazo cy’imbuto za macadamia zitubuwe, Bwana Stanley Nsabimana yatangije ikigo gihumbika kikanatubura ingemwe za kiriya giti. Macadamia ni igiti cyera imbuto...