Umusore ukomoka i Karongi aherutse gufatanwa na bagenzi be babiri bakurikiranyweho kwiba Umunya Turikiya witwa Ismail wacuruzaga intebe n’ibindi bikoresho bya mu rugo. Yabwiye itangazamakuru ko...
Mu gitabo aherutse kwandika umwanditsi w’Umunyamerika ufite inkomoko muri Israel witwa Israel W.Charny yavuze ko bibabaje kuba Turikiya yarashyize igitutu kuri Israel bigatuma itemera ko habayeho...
Mu gihe hasigaye igihe gito kugira ngo ingabo z’Amerika zitahe ariko ubu zikaba zarongerewe igihe, byarakaje Abatalibani. Ingabo na Polisi baryamiye amajanja biteguye ko abarwanyi b’Aba...
Nyuma y’uko hashyizweho Guverinoma nshya muri Libya iyobowe na Abdelhamid al-Dabaiba ibihugu bikomeye byatangiye kuyishakaho umubano. U Bushinwa nabwo bwanze kuhatangwa. Umubano ibihugu bikize bishaka kugirana...