Ubutegetsi bw’i Dar es Salaam bwasinyanye n’Ikigo cyo Turikiya amasezerano yo kuzayubakira umuhanda wa gariya ya Moshi ku ngengo y’imari ya Miliyari 1.9$. Ni umuhanda ureshya...
Perezida Paul Kagame ari mu Nama y’Abakuru b’ibihugu by’Afurika ibahuza na mugenzi wabo uyobora Turikiya. Ni inama iri kubera mu Nzu mberabyombi yitwa Istanbul Congress Center....
Kuri uyu wa Gatanu tariki 17, Ukuboza, 2021 Perezida Paul Kagame yaraye ahuye na mugenzi we uyobora Turikiya Recipp Teyip Erdogan bagirana ibiganiro byagarutse ku mubano...
Perezida Paul Kagame yageze i Istanbul muri Turikiya, aho hamwe n’abandi bakuru b’ibihugu bya Afurika yitabiriye inama ya gatatu yiga ku bufatanye bwa Afurika na Turikiya....
Jessica Kwibuka ni Umunyarwandakazi wasanze amazi ya WASAC abaturage bakoresha mu ngo agomba kurushaho kuyungururwa kugira ngo abe meza kurushaho, bituma azana ikoranabuhanga ryo kubikora. Abikora...