U Rwanda ni cyo gihugu rukumbi muri Afurika kiri mu nzira nziza yo gushyira mu bikorwa intego zamerejwe i Malabo (Malabo Declaration) muri Equatorial Guinea, zigamije...
Ikigega mpuzamahanga cya Leta zunze ubumwe z’Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga,The United States Agency for International Development (USAID) cyateganyije miliyoni 14.8$ yo gufasha abahinzi mu Rwanda harimo...
Abahinzi bo mu bishanga byo mu Karere ka Rwamagana bamaze gukuba kabiri umusaruro w’umuceli, nyuma yo kwegerezwa uburyo bugezweho butuma bahinga igihe cyose, nta bwoba ko...
Imvura iri kugwa muri Gashyantare, 2022 ntisanzwe. Ni imvura Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere gitangaza ko izaba nyinshi kugeza mu mataliki yegereza aya nyuma y’uku kwezi....
Abatuye Isi y’ubu bafite ibibazo birimo intambara, amapfa, ibyorezo n’izindi ndwara. Hejuru y’ibi hiyongeraho ibibazo bya politiki bituma impunzi n’abimukira biyongera henshi ku isi. Ibi ni...