Mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana haraye havugwa inkuru y’abaturage 53 bajyanywe ku kigo nderabuzima cya Munyaga nyuma yo kunywa ubushera bukabazonga mu nda....
Mu Murenge wa Rutunga mu Karere ka Gasabo haravugwa urupfu rw’umugabo w’imyaka 40 witwa Twagirayezu Théogène bivugwa ko yazize ikinyobwa bita ‘ubushera’. Ubushera ni ikinyobwa gikozwe...