Abanyarwanda babiri bavuga ko bakoreye ikigo cyitwa US Peace Corps mu bihe bitandukanye, ariko kirabahemukira kibirukana mu buryo budakurikije amategeko. Bakireze mu nkiko, zanzura ko bagitsinze...
Kuri uyu wa Kane Tariki 17, Kamena ubushinjacyaha bwasabiye Paul Rusesabagina igihano cyo gufungwa burundu nyuma y’igihe uyu mugabo aburanishwa n’Urukiko rukuru aregwa ibyaha bifitanye isano...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 19, Gicurasi, 2021 nibwo Inteko y’abacamanza bane baburanishije urubanza rw’umunyemari Alfred Nkubiri yari burusome. Rwasubitswe kubera impamvu z’uko umwanditsi warwo yitabiriye...
Mu iburanisha riheruka ndetse ryabaye irya nyuma mbere y’uko urubanza rusomwa, Me Gahongayire Mariam waburanaga indishyi avuga ko umucuruzi Alfred Nkubiri agomba guha Minisiteri y’ubuhinzi, yaranzwe...
Urubanza rw’ubutaka bwaguzwe na Padiri Hitimana Josephat wahoze ayobora Kaminuza Gatolika ya Kabgayi rukomeje kubura gica. Yabuguze mu mafaranga ye ariko bwanditswe ku muryango utari uwa...