Nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica uwahoze ari inshuti y’uwo bakundanaga mu mwaka wa 2002 agakatirwa urwo gupfa mu mwaka wa 2010 ariko ntibishyirwe mu bikorwa...
Kuri uyu wa Kane Taliki 15, Nzeri, 2022 abakunda umuziki uhimbaza Imana mu Rwanda bararanye agahinda nyuma y’inkuru y’urupfu rw’umuhanzikazi wamamaye ku izina rya Precious. Yapfuye...
Umukambwe Pasiteri Ezra Mpyisi yaraye akorewe ibirori by’uko aherutse kuzuza imyaka ijana. Ni ibirori byabereye muri imwe muri Hoteli z’i Kigali ariko mu ibanga hirindwa ko...
Iyo ukurikiranye amakuru y’ibibera ku isi, ubona ko ubumuntu mu bantu bugeze habi. Uretse abafitanye isano bicana, hari n’ibikorwa by’ubugome bikorwa n’abantu bafitanye isano ya kure...
Amakuru ababaje azindutse avugwa ni ay’uko umunyamakuru wa BTN witwa Celestin Ntawuyirushamaboko yitabye Imana. Kugeza ubu hari amakuru avuga ko yari arwaye Diabetes Abamubonye mu minsi...