Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tanzania: Ambasade Y’Amerika Yahagaritse Gukora Kubera Murandasi Nke
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Tanzania: Ambasade Y’Amerika Yahagaritse Gukora Kubera Murandasi Nke

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 May 2024 9:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibiro bya Ambasade y’Amerika muri Tanzania yatangaje ko ibaye ihagaritse imirimo kuko murandasi ari nke cyane.

Tanzania niyo yahuye n’imbogamizi zikomeye zatewe n’uko imigozi yagaburiraga murandasi ibihugu by’Afurika y’Uburasirazuba yagiriye ikibazo mu nyanja mu gice cy’Amajyepfo y’Afurika.

Ubwo butumwa buragira buti: ” Kubera murandasi igenda nabi, Ambasade igiye kuba ifunze”.

Gahunda zari ziteganyijwe muri iyi Ambasade kuwa Kabiri no kuri uyu wa Gatatu zarimuwe.

Icyakora Ambasade ivuga ko izakomeza kwakira ibibazo by’abayigana byihutirwa bureba Abanyamerika n’abandi bashaka Vizas byihutirwa.

Kugenda gahoro kwa murandasi kwagize ingaruka ku mikorere mu bihugu bitandukanye by’aka Karere birimo Tanzania, Kenya, Uganda, Rwanda n’Uburundi.

Intsinga zatumye murandasi igenda gahoro yagiriyw ikibazo ahitwa Mtunzini.

TAGGED:AmerikafeaturedMurandasiTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rugiye Kubaka Kaminuza Ikomeye Yigisha Ba Jenerali
Next Article Rusizi: Ikigo Nderabuzima Cya Shagasha Cyabaye Igisubizo Ku Baturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?