Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tanzania: Sano Rutatika Ari ‘Kwiyerekana’ Mu Ikipe Ihagarariye u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Tanzania: Sano Rutatika Ari ‘Kwiyerekana’ Mu Ikipe Ihagarariye u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 June 2023 1:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dick Sano Rutatika ari gukina mu ikipe y’u Rwanda ya Basktaball y’abakiri  bato iri mu marushanwa muru Tanzania. Ni ibintu bishimishije kuri uyu musore wari umaze igihe akina mu bakiri munsi y’imyaka 18.

Rutatika ari gukina muri Tanzania mu mikino nyafurika ya basketball ihuza amakipe azatoranwamo azitabira amarushanwa ya  FIBA Afro-CAN.

Sano Rutatika yabaye kapiteni w’ikipe ya basket y’Abanyarwanda bari munsi y’imyaka 16 iy’abatarengeje imyaka 18.

Aho hose yarekanye ko afite ubuhanga mu gukina n’ubushobozi bwo kuyobora abandi.

Igihe cye kinini akina Bastaball, yakimaze muri Amerika ari naho yakuriye.

Yakinnye mu makipe menshi yo mu bigo by’amashuri.

Bivugwa ko mu Rwanda ashobora kuzatangira gukinira ikipe ya REG BBC mu gihe gito kiri imbere.

Kuba yagaragaye ari gukina muri Tanzania bimuha amahirwe yo kwereka andi makipe akomeye kandi makuru ko ashoboye, ko ari imari ashobora kubyaza umusaruro.

Muri Tanzania yakiniye ikipe y’u Rwanda ubwo yatsindaga iya Eritrea ku mukino wabimburiye indi.

Yakomereje muri uwo mujyo ku mukino waruhuje na Sudani y’Epfo, ndetse anitwara neza mu wundi waruhuze na Tanzania.

Sano Rutatika afite metero 2.5 kandi afite ibiro bihagije.

Icyamuberaga inzitizi ni imyaka itamwemereraga gukina mu makipe y’abakuze.

Icyakora avuga ko n’ubwo akiri muto, atazacika intege mu gukomeza guhatanira gukina mu makipe y’abantu bakuru.

Yabwiye The Weekend Sports ko icyo aharanira ari gukora cyane kugira ngo azagere ku nzozi ze.

Umva uko asobanura intego ze muri uyu mukino:

TAGGED:AmerikaBasketballfeaturedRwandaSanoTanzaniaUmukino
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gukura Ingabo Zose Muri Somalia
Next Article U Rwanda Na Mozambique Mu Gusubiza Mu Buzima Busanzwe Abahoze Ari Abarwanyi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?