Tour Du Rwanda 16: Abakinnyi Bajyaga Kibeho Bakoze Impanuka

Umukinnyi wo muri Ethiopia witwa Krab Tesfay yakoreye impanuka hafi y’i Save ariko akomereka byoroheje.

Ikindi kivugwa ni uko mu bakoze impanuka harimo n’Abanyarwanda.

Hagati aho isiganwa rirakomeje rigana i Kibeho muri Nyaruguru.

Iyi mpanuka yoroheje yabereye hafi y’i Save
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version