Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Trump Ati: “BBC Ngomba Kuyirega Byanze Bikunze”
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Trump Ati: “BBC Ngomba Kuyirega Byanze Bikunze”

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 November 2025 10:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida Trump yabwiye abanyamakuru ko agiye kurega BBC.
SHARE

Perezida Donald Trump yaritsize ngo mu Cyumweru gitaha azarega BBC kuko iherutse kumusebya kandie nayo ikaba ibyemera.

Ikirego cye gishingiye ku ngingo y’uko abanditsi bayo mu mwaka wa 2021 bafashe imbwirwaruhame ye bayandika uko bishakiye bahuzahuza ibika kugira ngo bagaragaze ko ari we wategetse ko abantu bigaragambiriza mu nyubako y’Inteko ishinga amategeko bita Capitol Hill.

Icyo gihe yari amaze gutsindwa amatora bikozwe na Joe Biden ariko ntibyavugwaho rumwe.

Ejo bundi rero nibwo The Telegraph yanditse ko burya hari ukuntu Trump yahimbiwe ko ari we washishikarije abantu guteza iriya rwaserera.

Ntibyatinze, ubuyobozi bwa BBC butanga ko hari abayobozi bayo bakuru beguye kuko basanze ibyatangarijwe mu kiganiro Panorama bitari bihuje n’amabwriza ikigo cy’Abongereza kigenderaho.

BBC yemeye ko ‘koko’ ibyo byabaye ariko ko itazatanga impozamarira Trump ashaka ya Miliyari $1 ni ukuvuga Miliyoni £759.

Kugeza ubu, Trump yemeza ko atazabura kuyirega.

Ubwo yari ari mu ndege Air Force One yabwiye abanyamakuru ati: “Ndateganya ko mu Cyumweru gitaha tuzabarega. Ni gute batinyutse gufata amagambo yanturutse mu kanwa bakayahindura?”

TAGGED:featuredTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article 2.9% By’Abanyarwanda Bafite Diyabete:RBC
Next Article Kicukiro: Abagore Bagishijwe Ko Burya Amafaranga Abyara Andi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kicukiro: Abagore Bagishijwe Ko Burya Amafaranga Abyara Andi

Trump Ati: “BBC Ngomba Kuyirega Byanze Bikunze”

2.9% By’Abanyarwanda Bafite Diyabete:RBC

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?