Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Trump Yabwiye Isi Ko Ikabiriza Iby’Imihindagurikire Y’Ikirere
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Trump Yabwiye Isi Ko Ikabiriza Iby’Imihindagurikire Y’Ikirere

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 September 2025 6:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Donald Trump yabwiye abitabiriye Inama y’Inteko rusange ya UN ko bakabiriza ibyo gushyuha kw’ikirere.

Yagarutse kandi ku ngingo y’uko abemeye ko Palestine iba igihugu kigenga nta kindi bakoze kitari uguha Hamas ishimwe ry’ubugome yakoreye Israel binyuze mu bikorwa avuga ko ari iby’iterabwoba.

Donald Trump kandi yavuze ko iby’uko imipaka hagati y’ibihugu yemerewe gufungurirwa abahunga igihugu kimwe bajya mu kindi ngo ni uko bahagorewe ari ikibazo kuko biteza ibindi akaga.

Ako kaga karimo n’abitwikira ibyo, bakinjiza ibiyobyabwenge n’ibindi bintu bibi.

Trump kandi avuga ko amahanga akwiye kumushimira ko mu gihe amaze ku butegetsi amaze guhosha intambara zirindwi, zimwe zikaba zarahagaze mu gihe izindi zo ziri mu nzira zo guhagarara.

Perezida wa Amerika yanenze Uburayi ko bwemerera abantu bose kubwinjiramo bitewe ahanini n’uko abantu bose baza babugana kuko bufite abantu benshi bashaje.

Umunyamakuru wa BBC uri New York ahari kubera iyo nama avuga ko ubwo Trump yavugaga ku by’imihindagurikire y’ikirere ayinenga, abari mu nama bumvikanye bajujura, bisa n’aho batemeranyaga nawe.

Inama iri kubera i New York izamara icyumweru.

Ubusanzwe Brazil niyo ibanza kuvuga kuko ibihugu bikurikirana hashingiwe ku nyuguti ibanziriza izina ryabyo.

Icyakora Amerika niyo ikurikiraho kuko ari iyo inama iberamo.

Iyi nama kandi izahurirana no kwizihiza imyaka 80 Umuryango w’Abibumbye umaze ushinzwe.

TAGGED:AmerikafeaturedIkirereIsraelPolitikiTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshisekedi Yavuze Ko u Rwanda Rutacyuye Ingabo Zarwo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Trump Yabwiye Isi Ko Ikabiriza Iby’Imihindagurikire Y’Ikirere

Tshisekedi Yavuze Ko u Rwanda Rutacyuye Ingabo Zarwo

Kagame Ari Mu Misiri 

Ubufaransa Bwatangaje Ko Bwemeye Palestine Nk’Igihugu Kigenga Byuzuye

Intambara Iratutumba Hagati Ya Pologne N’Uburusiya

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Umusuwisikazi Niwe Watsinze Agace Ka Mbere Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Igare

U Rwanda Rwasinyanye Na Azerbaijan Amasezerano No Mu Burezi

You Might Also Like

Andi makuruMu RwandaPolitiki

Musanze: Ba Mudugudu Batira Telefoni Zo Gutangiraho Raporo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

U Rwanda Rwiyemeje Kuba Ihuriro Ry’Ishoramari Mu Karere- RDB

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Tshisekedi Yagize Icyo Avuga Ku Ukwegura Kwa Kamerhe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Siporo: Urwego Rushya Rw’Umubano W’u Rwanda Na Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?