Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Trump Yahaye Akazi Elon Musk 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Trump Yahaye Akazi Elon Musk 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 November 2024 9:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Amerika uherutse gutorwa Donald Trump yahaye Elon Musk akazi muri Guverinoma nshya ko kuzafatanya n’abandi mu gucunga neza umutungo wa Amerika.

Trump yashyizeho itsinda rizita kucyo bise “Department of Government Efficiency” rikazita ku mikorere inoze ya Guverinoma no kwirinda ko umutungo w’Amerika wasesagurwa.

Musk azakorana na Vivek Ramaswamy umwe mu ba Republicans bazi gucunga neza umutungo, inshingano ze nkuru zikazaba izo kugira Inama Guverinoma.

Trump kandi yafashe uwahoze ari umunyamakuru wa Fox News witwa Pete Hegseth akaba yarigeze no kuba umusirikare amushinga kuzayobora ingabo za Amerika ubwo azatangira kuyobora muri Mutarama, 2025.

John Ratcliffe yamushinze kuzayobora urwego rukomatanyije inzego z’ubutasi za Amerika.

Elon Musk yagize uruhare runini mu kwamamaza Donald Trump, kuva yatangira kwiyamamaza ndetse na mbere y’ aho gato.

Niwe mukire wa Mbere ku isi kuko ubu afite Miliyari $308 mu gihe Donald Trump ari we Perezida wa Amerika ukize kurusha abandi bose bayiyoboye kuko abarirwa hejuru ya Miliyari $5 na Miliyari $6.

Bamwe bameza ko ubukire abukomora kuri Se wamuhaye imitungo ikomeye kandi akaba yakira impano zitandukanye.

TAGGED:AmerikaElonMuskUmukire
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Avuga Ko Umugore Wubakiwe Ubushobozi Mu By’Imari Atandukana N’Ubukene
Next Article Ntawakumva Akababaro K’Abaturage Bacu Nk’u Rwanda- Amb Wa Sudani
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?