Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Trump Yahaye Akazi Elon Musk 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Trump Yahaye Akazi Elon Musk 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 November 2024 9:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Amerika uherutse gutorwa Donald Trump yahaye Elon Musk akazi muri Guverinoma nshya ko kuzafatanya n’abandi mu gucunga neza umutungo wa Amerika.

Trump yashyizeho itsinda rizita kucyo bise “Department of Government Efficiency” rikazita ku mikorere inoze ya Guverinoma no kwirinda ko umutungo w’Amerika wasesagurwa.

Musk azakorana na Vivek Ramaswamy umwe mu ba Republicans bazi gucunga neza umutungo, inshingano ze nkuru zikazaba izo kugira Inama Guverinoma.

Trump kandi yafashe uwahoze ari umunyamakuru wa Fox News witwa Pete Hegseth akaba yarigeze no kuba umusirikare amushinga kuzayobora ingabo za Amerika ubwo azatangira kuyobora muri Mutarama, 2025.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

John Ratcliffe yamushinze kuzayobora urwego rukomatanyije inzego z’ubutasi za Amerika.

Elon Musk yagize uruhare runini mu kwamamaza Donald Trump, kuva yatangira kwiyamamaza ndetse na mbere y’ aho gato.

Niwe mukire wa Mbere ku isi kuko ubu afite Miliyari $308 mu gihe Donald Trump ari we Perezida wa Amerika ukize kurusha abandi bose bayiyoboye kuko abarirwa hejuru ya Miliyari $5 na Miliyari $6.

Bamwe bameza ko ubukire abukomora kuri Se wamuhaye imitungo ikomeye kandi akaba yakira impano zitandukanye.

TAGGED:AmerikaElonMuskUmukire
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Avuga Ko Umugore Wubakiwe Ubushobozi Mu By’Imari Atandukana N’Ubukene
Next Article Ntawakumva Akababaro K’Abaturage Bacu Nk’u Rwanda- Amb Wa Sudani
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Uganda: Abaturage Bagiye Guhabwa Irangamuntu Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu mahanga

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?