Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Trump Yaraye Abijije Biden Icyokere
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Trump Yaraye Abijije Biden Icyokere

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 June 2024 9:48 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu kiganirompaka abakandida baharanira kuziyamamariza kuyobora Amerika baraye bagiriye kuri CNN, Donald Trump yagaragaye nk’urusha Biden ndetse bamwe bavuze ko Joe atitwaye neza muri rusange.

Ku rundi ruhande, abafasha Biden kwiyamamaza barimo na Visi Perezida we Kamala Harris bavuze ko nubwo yatangiranye imbaraga nke, ariko yaje kuzamura urwego rwe rwo kwisobanura.

Trump yabwiye Biden ko yatumye ubukungu bw’Amerika bugwa, undi nawe amushinja ko amaze iminsi mu bibazo n’ubutabera, ibyo bikaba ingingo abo bagabo bombi batinzeho mu kwisobanura ku bibazo babazwaga n’abanyamakuru babiri ba CNN.

Si ubwa mbere aba bagabo bahuriye mu kiganirompaka kugira ngo buri wese yerekane mu magambo kandi imbere y’imbaga y’Abanyamerika n’isi muri rusange uko ateganya kuzahangana n’ibibazo ubwo azaba yatowe.

Mu mwaka wa 2020 nabwo habaye ibiganiro nk’ibi ariko amatora yatangaje ko Trump yatsinzwe.

Ijwi rya Biden ryumvikanaga nk’irititira, biteza abantu ubwoba bw’uko atari bushobore gutambutsa neza ibitekerezo bye.

Ku rundi ruhande ariko, Abademukarate bavuga ko ibya Biden byaje kuba byiza uko iminota yakomezaga kwicuma.

Indi ngingo aba bagabo baganiriyeho ni ibyerekeye intambara ya  Israel, Biden ashinjwa na Trump ko yatumye Israel itarangiza Hamas vuba na bwangu.

Trump we avuga ko Biden ari we nyirabayazana w’uko intambara ya Israel na Hamas itararangira ko yimye Netanyahu imbunda yamwatse.

Biden asubiza avuga ko icyatumwe adaha Israel ziriya mbunda ari uko Netanyahu atitwara neza mu bitero ingabo ze zigaba muri Gaza.

TAGGED:BidenfeaturedIsraelNetanyahu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bibuka Ko Kagame Yabakijije FLN Ya Rusesabagina
Next Article Bazanye Ikoranabuhanga Rifasha Abanyeshuri Kubona Ibikoresho By’Isuku
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?