Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 September 2025 8:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri Truth Social, Perezida Donald Trump yanditse amagambo asaba Hamas kurekura abaturage ba Israel bose yatwaye bunyago, akavuga ko Amerika idashaka ko Hamas irekura babiri, batanu cyangwa barindwi ahubwo bose.

Kugeza ubu abaturage ba Israel 20 nibo Hamas igifashe bugwate bakiri bazima.

Trump yanditse ati: “Hamas nibikora, ibintu byose bizagenda neza kandi vuba vuba. Ibintu byose bizahita birangira”.

Icyakora Hamas iracyafite imirambo y’abandi baturage ba Israel yatwaye bapfuye bamwe ibishe abandi bazize izindi mpamvu, abo bose Israel ikaba ishaka ko bataha iwabo.

Abo mu miryango yabo basaba Amerika gukora uko ishoboye abo bose bagataha.

Bagize Ihuriro bise Hostages and Missing Families Forum, risaba ko abatwawe bunyago bose bataha, bakava mu kaga bashyizwemo ubu iminsi ikaba ibaye 700 nk’uko The Jerusalem Post yabyanditse.

Tariki 07, Ukwakira, 2023 nibwo Hamas yagabye igitero kuri Israel gitunguranye kica abaturage 1,200 abandi 250 batwarwa bunyago.

Kwihorera kwa Israel kwatumye havuka intambara ikomeye ku buryo ubu ishaka gufata Gaza yose kugira ngo ibone uko yirukana Hamas aho yaba ikiri hose bityo ikaba yacyura abaturage bayo batwawe bunyago baba bazima cyangwa barapfuye.

Israel na Amerika byemeza ko ibi ari byo byazatuma intambara ihagarara.

TAGGED:AmerikaBunyagofeaturedIsraelTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?