Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 June 2025 5:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa DRC Félix Antoine Tshisekedi yavuze ko igihugu cye gikwiye kwemererwa kujya mu Kanama Ka UN gashinzwe amahoro ku isi kuko ari igihugu gifite ijambo muri Afurika.

Arashaka ko igihugu cye kijya muri uwo mwanya mu gihe cy’umwaka wa 2026/2027.

Avuga ko igihugu cye gifite inshingano zo guhagararira Afurika muri kariya Kanama kuko ari igihugu cyaciye mu bibazo bitandukanye by’umutekano bityo ko kizi akamaro ko gutekana.

Perezida wa DRC avuga ko igihugu cye cyemerewe kuba umwe mu bagize uriya muryango cyageza ku bandi uko ibibazo bya Afurika bihagaze n’uko byakemurwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati: “Kuri DRC, bizaba uburyo bwiza bwo kugeza ku isi ibibazo Afurika yacu ifite. Turagira ngo isi ibone ko DRC ije kuba umufatanyabikorwa mu guha Afurika umutekano urambye ikeneye”.

Mu kuvuga ibyo igihugu cye gifite byatuma gihagararira ibindi, yavuze ko birimo kuba ari kigari, kikagira urubyiruko rwize kandi rushoboye, kandi kikagira ahantu hatoshye haha isi umwuka mwiza binyuze mu mashyamba magari gifite.

Ibyo – nk’uko abivuga- byiyongeraho amabuye y’agaciro akanewe mu nganda z’ubu nka cobalt, cuivre, coltan, lithium, germanium n’ayandi.

Ku rundi ruhande, igihugu cye kiri muri bike ku isi bimaze igihe kirekire mu ntambara yibasiye Uburasirazuba bwacyo bitewe n’imitwe y’abarwanyi ihamaze igihe ica ibintu.

Kugeza ubu, hari gukorwa ibishoboka ngo haboneke amahoro binyuze mu biganiro by’ububanyi n’amahanga.

- Advertisement -
TAGGED:AgaciroAkanamaAmabuyeAmahorofeaturedTshisekediUN
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngoma: Hibutswe Imiryango 15,593 Y’Abatutsi Yishwe Irazima Muri Jenoside 
Next Article Ingabo Z’u Rwanda Mu Bufatanye N’Iza Misiri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyeshuri Ba Kaminuza Nkuru Y’Uburundi Bafitiye Ubwoba Amatora

Ifu Y’Ifi: Ubundi Buryo Bwo Kurwanya Indyo Mbi Mu Bana B’u Rwanda

Ibya Israel Na Syria Byajemo Kidobya

U Rwanda Rugiye Gufungura Ambasade Muri Algeria

Uko Ibipimo By’Imibereho Y’Abatuye Umujyi Wa Kigali Bihagaze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

RDB Yagize Icyo Ivuga Ku Ntambara Ya DRC

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

Abayahudi Baramagana Ibyo Israel Ikorera Muri Gaza

Kabila Aragisha Inama Inararibonye Z’i Goma

Nick Ngendahayo Yasohoye Indirimbo Ibanziriza Igitaramo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abasirikare Ku Rugamba Barya Mu Minsi 15 Gusa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ubuzima, Uburezi…Inkingi Z’Umubano W’u Rwanda N’Ubusuwisi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Cardinal Kambanda Ari Muri Uganda Mu Kuzirikana Abahowe Imana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Burundi: Abanyamakuru Bahawe Umuburo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?