Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tyson Wabaye Icyamamare Mu Iteramakofe Ku Isi Arwaye Indwara Imubuza Kugenda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Tyson Wabaye Icyamamare Mu Iteramakofe Ku Isi Arwaye Indwara Imubuza Kugenda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 September 2022 11:07 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuteramakofe wacyuye igihe witwa Mike Tyson wigeze kuba uwa mbere ku isi mu gihe kirekire, asigaye agendera mu igare rifasha abafite ubumuga kandi ntagishobora kuvuga neza.  Yarwaye indwara idakunze kuboneka henshi ifata imyakura( neurons) ikananirwa gukora uko yari isanzwe ibigenza. Iyo ndwara abahanga  bayita Sciatica.

Tyson aherutse kwerura abibwira itangazamakuru kubera ko hari hashize iminsi abantu bibaza impamvu asigaye agendera mu igare ry’abafite ubumuga.

Amaze kubona ko ibintu byamaze kuba ikibazo mu bantu bibaza icyo yabaye, Mike Tyson yabwiye ikinyamakuru Newsmax TV ko ikibazo afite ari icyo yatewe n’imikorere mibi y’imyakura imanuka ku ruti rw’umugongo igize igice cy’ubwonko bw’umuntu bita La moelle épinière mu Gifaransa.

Tyson yavuze ko iriya ndwara ari yo iri kumuzahaza muri iki gihe igatuma atabasha guhagarara ngo agende nka mbere cyangwa ngo aganire n’inshuti ze nk’uko byahoze.

Sciatica ni indwara iterwa n’imikorere itari ku murongo y’imyakura bita sciatic nerves ihuza igice cyo hasi cya La moelle épinière aho irangirira ndetse n’amaguru.

Imyakura iba ku gice cyo hasi cya moelle épinière bita sciatic nerves niyo ifasha abantu guhina no kurambura amaguru

Iyi myakura  niyo iha amaguru amabwiriza yo kurambura cyangwa guhina bitewe n’icyo umuntu ashaka gukora muri ako kanya.

Sciatica ishobora kumara hagati y’ibyumweru bine n’iby’umweru bitandatu ariko hari ubwo imara igihe kirekire kurushaho.

TAGGED:AmakofeIgareIndwaraUbumuga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article IMPARATA: Izina Ry’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Bidakurikije Amategeko Muri Gatsibo
Next Article Umuraperi Danny Nanone YAFUNGIWE Gukubita Umugore
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?